Urukundo Selena Gomeza amukunda rwamuteye amashaba ! Umuhanzi Rema yaciye agahigo katarakorwa n’undi wese binyuze mu ndirimbo basubiranyemo

October 3, 2025
1 min read

Rema wo muri Nigeria, yaciye agahigo ko kuzuza abantu barenga Miliyari  barebye indirimbo ye Calm Down kuri Spotify.

 

Nk’uko batangajwe n’uhagarariye uru rubuga muri Afurika Victor Okpala , ngo uyu muhanzi wo muri Nigeria, wamamaye cyane mu ndirimbo zitandukanye by’umwihariko muri ‘Calm Down’ yaje no gusubiranamo na Selena Gomez, yaciye aka gahigo abandi basigaraga bavuga ko ashobora kuba akorana na Satani.

 

 

Iyi ndirimbo imaze kuzuza abantu 600 bayirebye kurubuga rwa Spotify aho yashyizwe kuri konti ya Selna Gomez bayisubiranyemo.Mu gihe cy’imyaka 4 gusa , amaze muri muzika, Rema ari mubahanzi bakomeye cyane ku isi ndetse akaza no mubahanzi bayoboye abandi mubafite igikundiro kuri Youtube ndetse no kuri Spotify nyirizina.

 

 

Uyu muyobozi wa Spotify , we yagaragaje ko Rema ari umwe mu bahanzi bo guhanga amasamo mu minsi iri imbere ndetse agaragaza ko ari umwe mu basore bafite ejo heza mu gihe yaba adacitse intege.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Juno Kizigenza kwisonga mubifurije isabukuru nziza Ariel Wayz amwita inshuti magara

Next Story

Abakobwa : Dore ubutumwa utari ukwiriye koherereza umusore mukundana

Latest from Uncategorized

Go toTop