advertising

Advertising

Byinshi wamenya kundwara yitwa Gamophobia itera uyirwaye gutinya gukora ubukwe

5 months ago

Gamophobia ni Indwara itera umuntu ubwoba bwo kugira inshingano cyane cyane gukora ubukwe, benshi mubayirwaye ntabwo bamara igihe kinini mumubano n’abo bakunda.

 

Nkuko benshi babitangaza, iyi ndwara ikunze kwibasira cyane igitsinagabo kuko Aribo kenshi baba bafite inshingano zo kwita kumuryango, bityo uyirwaye agira ubwoba bwo gutekereza ukuntu azabaho ubuzima bwe bwose abana n’umukunzi we Kandi akamwitaho mubyo azakenera byose.

 

 

BIMWE MUBITERA IYI NDWARA HARIMO:

Uwoba bwo kumva udatekanye, ubwoba bwo gutinya kubengwa, Agahinda gakabije, Kuba warabanye nabi n’ababyeyi.

 

 

Ibimenyetso by’iyi ndwara harimo:  Kugira umutima uhagaze buri gihe wumvise igize igitekerezo cyo gushaka cyangwa kugira inshingano, kutigiramo ubushobozi bwo kubaho mubuzima butandukanye nubwo wabagamo, Kugira ubwoba bwinshi ugatitira, guhorana ibitekerezo bibi kukintu runaka, kunanirwa kwicontrola, kugira uburibwe mugatuza, kugwa igihumure, Kuba udahari muntekerezo, Kugira isereri, kuruka no kubira ibyuya byinshi.

 

 

Nkuko n’izindi ndwara zose ziteza ibibazo mumutwe zivurwa, niko niyi Gamophobia ivurwa ndetse igakira, Bimwe mubifasha uyirwaye gukira harimo Kuba yaganirizwa n’inzobere ‘therapy’, gukora meditation, guhabwa inama n’inzobere akabwirwa ubyiza bisimbura ibibi yari yifitemo bijyanye n’urushako.

 

 

Src: clevelandclinic.org

Author

Ads

ad

Previous Story

Umuhanzikazi Zuchu wagaragaye ari gusomana na Diamond Platinumz yavuze ko ari we wamushyize mu rukundo bwa mbere ahita amuhobera aramusoma – VIDEO

Next Story

Akomeje gukwirakwizwa ! Biravugwa ko amashusho y’urukozasoni y’umukobwa ari guhanahanwa ku mbuga nkoranyambaga yashyizwe hanze n’umukunzi we

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop