Umugore ufite ubwoya mu gatuza buzwi nk’impwempwe no ku maboko, yavuze ukuntu bimubuza amahirwe menshi nko kubura umukunzi

October 3, 2025
1 min read

Umugore wavukanye imisemburo ituma azana impwempwe nkizabagabo mu gituza yavuze imbogamizi ahura nazo bitewe nuko yavutse ameze.

 

Ubusanzwe ubundi kuzana ubwoya mu gatuza bizwi nk’impwempwe bizana abagabo nabwo bamwe n’abamwe kuko si Bose bazigira, gusa Hari ubwo abagore bamwe n’abamwe bazigira ariko aba Ari bacye cyane.

 

Uyu mugore witwa Ivvah Wanggy ufite impwempwe yavuze ko bimwangiriza ubuzima cyane ubujyanye no gukundwa cyangwa gukunda no gukundana.

 

Nkuko uyu mugore we abyivugira avuga ko kubera imisemburo myinshi mu mubiri we ituma amera ubwoya ku maboko ndetse no mu gatuza.

 

Kandi ubusanzwe ibi ni ibintu karemano bitagira umuti ariko abinshi babibonye baseka uwo babibonyeho Kandi burya si ibintu byiza habe nagato pe.

 

Nkuko uyu mukobwa yakomeje kuvuga yavuze ko ngo bituma abasore benshi bamwanga.

 

Kuri ubu Ari kwiga kwakira uko yavutse ameze.

 

Ese wowe wakemera umukobwa ufite ubwoya ku maboko ndetse no mu gatuza!????

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Nabonye urukundo n’amahoro y’umutima muri wowe mukunzi ” ! Umukobwa akomeje kuryoherwa n’urukundo yahawe n’umuhanzi Okala

Next Story

Britney Spears yasabye gatanya n’umugabo we nyuma y’amezi 14 akoze ubukwe

Latest from Uncategorized

Go toTop