Umukobwa w’imyaka 29 yakoze ubukwe n’umukecuru w’imyaka 66 bemeranya ko murugo rwabo bazajya bacana inyuma

04/12/2023 16:31

Ni nkuru yafashwe nk’idasazwe dore ko bitamenyerewe ko umugore ashakana namugenzi we.Ibi byaba hagati ya Julia Zelg w’imyaka 29 na Eileen de Freest.Uru rugo rw’abagore gusa ngo hagati yabo bahanye isezerano ry’uko bazajya bacana inyuma.

 

N’ubwo byavuzwe ko aribwo babana nyamara Julia yemeje ko ngo bamaranye imyaka 4 babana ndetse ngo bakaba barabangamiwe cyane n’ikinyuranyo cy’imyaka kiri hagati yabo bombi, kuko ubaze neza ushobora gusangira iri muri 33.

Bemeza ko iterambere ryaje gutuma hagati yabo bahana isezserano ryo kujya bacana inyuma nyamara ngo barashakanye.Uyu mukobwa w’imyaka 29 y’amavuko Zelg asanzwe ari umunyamakuru wamamaye cyane binyuze kumbuga nkoranyambaga.Amashusho ari ku rubuga rwe  rwa Youtube, agaragaza ko aba bombi babanye mu mwaka wa 2019 gusa ngo bakajya bagirana ibibazo.

 

Bemeza ko baba ahantu batandukanye bityo  bikaba byarabaye ngombwa ko bahitamo kujya bacana inyuma [Open Marriage], gusa bagakomeza kubana.Zelg yemeza ko muri 2020, bahuye n’ikibazo gikomeye cyane gusa bakivamo.

Mu magambo yagize ati:”Njye narangije amashuri yanjye nkomeza gukora mu gihe Eileen we yari mukiruhuko cy’izabukuru kandi mu gihe cya Covid-19, ubuzima bwe bwari mu kaga gakomeye.Ibi byose rero byatumye urugo rwacu rugira ibibazo”.

 

Julia yemeza ko imyaka agezemo ariyo kumenya byinshi ku mibonano mpuzabitsina no kubyishimira mu gihe ngo mugenzi we ageze mu myaka yo kuba yakwifuza umuba iruhande gusa.

Uyu mukecuru w’imyaka 66 Eileen we yemeza ko ikintu kimunezeza ari ukongera kwibona ari guteretana ashimangira bimuzamurira ibyishimo.Mu magambo ye yagize ati:”Nta kintu kinezeza nko kongera kumva ngo ndi guteretana, bizana imbaraga”.

Previous Story

Agasaro Tracy yateranye imitoma n’umugabo we aramusoma anamushimira ko amufata nk’umwamikazi buri munsi

Next Story

Nyuma gutuburira umunyamakuru Peace Hyde Diamond Platnumz na Zuchu bateruranye ubwo bari kurubyiniro – AMAFOTO

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop