advertising

Advertising

Abakobwa ba Mulindahabi Irene bateguje indirimbo nshya

5 months ago

Vestine na Dorcas bateguje indirimbo nshya bise ‘Kumusaraba’.

Ubusanzwe Vestine na Dorcas ni abaramyi 2 baririmba indirimbo zo kuramya no guhimba Imana ndetse bavukana.

Aba bakobwa bombi batangiye uyu mwuga bifata amashusho asanzwe basubiramo iz’abandi kuri ubu batangaje ko hari inkuru y’abatuye imbaga bifuza ko abantu bumva.

Mu butumwa bacishije kuri Konti yabo ya Instagram, bagize bati:” Hello ! Witeguye ute kumva inkuru y’abatuye imbaga ? #Kumusaraba (+)”.

Nyuma yo kuvuga aya magambo barengejeho ijambo rishimira bagira bati:” Warakoze Yesu”.

Nyuma y’ubu butumwa bwaherekejwe n’amafoto meza yafashwe na Lee, Irene Mulindahabi nawe yakoze Copy na Paste by’aya magambo ayashyira kumbuga nkoranyambaga ze.

Aba bakobwa bagiye gusohora iyi ndirimbo nyuma y’indi bakoze igashimisha abatari bake.Aba bombi bari mu biganza by’umunyamakuru , M Irene , ariwe ubafasha muri muzika.

Author

Ads

ad

Previous Story

Umusore mwiza wagaragaye mu muhanda adandaza inkweto akomeje kuvugisha benshi cyane cyane abakobwa kuko bamukunze cyane

Next Story

Umuhanzikazi Rihanna ukuriwe yashyize hanze amafoto ari konsa umwana we w’imfura ufite igikundiro witwa RZA

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop