Umukobwa witwa Mercy akomeje kwicuza nyuma y’uko ataye iwabo heza akajya kubana n’umukunzi we wibera mu gishanga

October 3, 2025
1 min read

Ese wari wakora ikintu mu buzima bwawe ukumva ukoze ikintu nyacyo ariko nyuma ugasanga waribeshye!! Rimwe narimwe abantu bafata umwanzuro runaka ugasanga umwanzuro bafashe urimo guhubuka kwinshi bitewe nicyo bari biyemeje gukora.

 

Niho usanga umuntu yitaye ku marangamutima ye mu gufata umwanzuro runaka ariko akirengagiza uko ibintu bigaragarira amaso.

 

Nibyo biri kuba ku mukobwa witwa Mercy ukomeje guca mu buzima bubi bugoye nyuma Yuko afashe umwanzuro ahubutse bikamuviramo ibibazo.

 

Mu makuru ducyesha ikinyamakuru kizwi nka TUKO, kibinyujije ku rukuta rwabo rwa Facebook, bashyize hanze inkuru ivuga kuri uyu mukobwa Mercy ngo wataye iwabo heza ajya kubana n’umukunzi we mu bishanga.

 

Ngo ibyo yabikoze kubera urukundo rwinshi akunda uyu musore yiyemeza gusiga umuryango we ajya kwirenera umukunzi we.

 

None bikomeje kumukomerana kubera ko atamenyereye kuba ahantu nkaha hamenyerewe n’umukunzi we gusa.

Source: News Hub Creator

Source: TUKO

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Umugore wakoraga akazi ko murugo hanze y’igihugu cye yatahanye akanyamuneza nyuma yo kwiyubakira inzu mu mafaranga yazigamye abera abandi isomo ry’ubuzima

Next Story

Dore inyamashwa zipfa iyo zimaze kubyara

Latest from Uncategorized

Go toTop