Producer wamamaye mu Rwanda Junior Multisystem yapfuye

October 3, 2025
1 min read

Umwe muba Producer bari bamaze kubaka izina rikomeye muri muzika Nyarwanda yapfuye azize uburwayi.

Umwe mubo mu muryango we yabwiye Inyarwanda dukesha iyi nkuru ko uyu mugabo yitabye Imana aguye mu bitaro bya Nyarugenge byo mu Mujyi wa Kigali.

Yagize ati:” Yego ! Yapfuye yaguye mu Bitaro bya Nyarugenge kuri uyu wa Kane tariki 27 Nyakanga 2023″.

Uyu mugabo ntabwo azibagirana mu mitwe y’Abanyarwanda bakunda umuziki Nyarwanda binyuze mu buryo yateguraga akanatunganya indirimbo zitandukanye.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Umugore wakoraga akazi ko murugo hanze y’igihugu cye yatahanye akanyamuneza nyuma yo kwiyubakira inzu mu mafaranga yazigamye abera abandi isomo ry’ubuzima

Next Story

Dore inyamashwa zipfa iyo zimaze kubyara

Latest from Uncategorized

Go toTop