Umuhanzi Christopher ari mu gahinda ko kubura imbwa ye yapfuye

October 3, 2025
1 min read

Umwe mubahanzi bakomeye mu Rwanda Christopher ari mu gahunda gakomeye nyuma yo kubura imbwa ye.

 

Uyu muhanzi yavuze ko urukundo bakundaga iyi mbwa rwari rushingiye kubyishimo yabahaga.

 

Yagize ati:” Iteka uzahora mu mutima wacu musangira ngendo mwiza waduhaga ibyishimo n’urukundo mugishanga.Uruhukire mu mahoro mugishanga.OTIS !”.

 

Mu mashusho yasangije abamukurikira kuri Story ya Instagram ye, Muneza Christopher yagaragaje uburyo yashenguwe n’urupfu rw’iyi mbwa kubera urugwiro yagaragaje ko yagiranaga nayo.Buri wese afite amahirwe n’uburenganzira bwo kugaragaza amarangamutima ye kuwo yabuze cyangea icyo yabuze.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Kenny Sol yahuje imbaraga na Harmonize bakorana indirimbo bise ‘One More Time’ – VIDEO

Next Story

“Umusore udashaka kukugira umugore ntakintu na kimwe wakora kugira ngo abikore kabone n’ubwo mwararana amajoro menshi” – Blessing Ceo yakebuye abakobwa

Latest from Uncategorized

Go toTop