advertising

Advertising

Rwanda: Gitifu yajyanye mu biro n’umugeni wari ugiye gusezerana asuzuma ko igitsina cye cyuzuye

5 months ago

Ushobora kumva ugatekereza ko itabaye nyamara yabaye bamwe babyita amahano abandi babyita amabara.

 

Icyo gihe Gitifu wo mu Majyepfo yakiriye umukobwa mubiro bye by’Umurenge amubwira ko umusore basezeranye yanze kumurongora atazi na gahunda ye.Nyuma atumyeho umusore amubwira ko yasanze umukobwa nta gitsina agira.

 

Nyuma Gitifu abatuma abaza umukobwa ati:” Ko wumva ngo nta gitsina ugira ? Umukobwa ati:” Nyamara ndagifite”. Ibyakurikiyeho ni amabara.

 

Twibaze ngo mbese iyo Umuyobozi ahuye n’ibidateganywa n’itegeko akora iki ? Tubane mu kiganiro.

UMURYANGO

Author

Ads

ad

Previous Story

Yari yararanye n’umukobwa w’imyaka 34 wari ihabara rye ! Umupadiri yapfiriye muri Hoteli yari yasanzemo umugore we

Next Story

Shaddboo yagize icyo avuga kumafoto yacicikanye kumbuga nkoranyambaga arikumwe na Tanasha Donna wabyaranye na Diamond Platinumz

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop