advertising

Advertising

Umunyamakuru Khamis Sango wa Radio na TV 10 yambitse impeta y’urukundo Ikirezi Sallouah bamaze imyaka 12 bakundana amusaba ko yamubera umugore

5 months ago

Umunyamakuru Khamis Sango wa Radio na TV 10 yambitse impeta y’urukundo Ikirezi Sallouah bamaze imyaka 12 bakundana amusaba ko yamubera umugore

Umwe mubanyamakuru babimazemo igihe Khamis Sango wamamaye cyane mu Kiganiro The Over Drive yambitse impeta umwari bamaranye imyaka mu munyenga w’urukundo.

Khamiss Sango ni umwe mu banyamakuru b basanzwe ari abayobozi b’ibiganiro by’imyidagaduro kuri Radio&TV10.Uyu musore kuri ubu yambitse impeta y’urukundo umukunzi we witwa Ikirezi Salluah bamaze imyaka 12 bakundana maze amusaba ko bazabana nk’umugore n’umugabo.

Khamis Sango asanzwe akorana n’abanyamakuru batandukanye barimo Kate Gustav n’abandi.Umuryango mugari wa Radio na TV 10 bamwifurije ishya n’ihirwe dore ko abantu benshi bashimishijwe n’intambwe ateye.

Author

Ads

ad

Previous Story

Uko umukobwa wa Padiri yabitse ibanga imyaka 40 n’uburyo yahanganye na Kiliziya Gaturika akayikuraho agatubutse

Next Story

Onana wakiniraga Rayons Sports yakiriwe muri Simba SC Aba Rayons bifata mu mutwe

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop