“Wampinduriye ubuzima” ! Selena Gomez yateye imitoma yumusubirizo umuhanzi Rema bakoranye indirimbo

October 3, 2025
1 min read

Umuhanzi ukomeye muri Muzika y’isi Selena Gomez, yasutse amarangamutima ye hasi , yemera iby’urukundo akunda Rema wo muri Nigeria.

Uyu muhanzikazi muri muzika ya America Selena Gomez, yahishuye ko nyuma y’aho Rema amakoresheje mu ndirimbo ye ‘Calm Down’ yasanze yaramuhinduriye ubuzima abishyira mu nkuru.

Iyi ndirimbo Calm down ya Rema yasohotse muri 2022 , isohoka kuri Album Rave and Rose.Iyi ndirimbo yarakunzwe cyane na hano mu Rwanda iramamara.Nyuma yo kuyisubiramo mu mwaka wo muri 2013 , iyi ndirimbo yarakunzwe cyane.

Selena Gomez ni umwe mu bahanzi bashinze imizi muri muzika y’isi

src : Swtzs

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Mfite Tattoo 800 kumubiri wanjye ariko bituma abantu banyanga bakambuza no kujya mu birori bya Noheli” ! Umugore wishyize ho Tattoo yatangaje ko ababazwa n’abatamwumva

Next Story

Umuntu ushyira amafoto y’ubwambure bwe kukarubanda ashobora kujya afungwa imyaka 3 n‘ihazabu y’amafaranga ibihumbi 300RWF ariko itarenze ibihumbi 500 RWF

Latest from Uncategorized

Go toTop