Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we muri Barbados abantu bemeza ko bishoboka kugira umuryango hejuru ya 30

October 3, 2025
1 min read

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we A$AP Rocky.

 

Rihanna wabaye icyitegererezo kuri benshi bigatuma bizera ko nyuma y’imyaka 30 umuntu yagira urugo , yasohokanye n’umutware we A$AP Rocky ndetse n’umwana wabo RZA baryoherwa n’ubuzima Muri Barbados.

 

Rihanna ufite amafaranga menshi yagaragaje ko kandi akunda cyane uyu muhanzi bakundana A$AP Rocky ubwo batemberaga hafi y’urugo rwabo muri Barbados hamwe na RZA w’umwaka umwe.

 

Ubwo batemberaga uyu mudamu witwara nk’abanyampinga yafasha umwana we amafoto hamwe n’umugabo we arangije abishyira hanze nk’uko byagaragajwe kuri Konti ye ya Instagram.

Src: Briefly.co.za

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Mfite Tattoo 800 kumubiri wanjye ariko bituma abantu banyanga bakambuza no kujya mu birori bya Noheli” ! Umugore wishyize ho Tattoo yatangaje ko ababazwa n’abatamwumva

Next Story

Umuntu ushyira amafoto y’ubwambure bwe kukarubanda ashobora kujya afungwa imyaka 3 n‘ihazabu y’amafaranga ibihumbi 300RWF ariko itarenze ibihumbi 500 RWF

Latest from Uncategorized

Go toTop