Uragura ifi imwe wongezwe indi kuri make ! El Classico Beach yifatanyije n’Abanyarwanda ku munsi wo kwibohora

October 3, 2025
1 min read

Tariki ya 4 buri mwaka u Rwanda rwizihiza umunsi wo kwibohora.Kuri ubu AbanyaRwanda hirya no hino ku isi barishimira ibyiza bagezeho babigejejweho n’ubuyobozi bwiza burangajwe imbere na H.E Paul Kagame.

Muri uku kwishimira ubu buyobozi bwiza n’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho El Classico Beach iherereye mu Karere ka Rubavu kuri Brasserie yabashyize igorora aho umuntu azajya agura ifi imwe yongezwe indi.

Nshimiyimana Onesphore wamamaye nka Fire West akaba Boss wa El Classico Beach yagize ati:” Promotion ya TAMIRA IFI MUNYARWANDA irakomeje.Mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kuri uyu munsi wo kwibohora, urajya ugura ifi imwe wongezwe indi ya 2″.

 

Muhawe ikaze, watwandikira kuri watsapp Numero 0783256132 cyangwa ukaduhamagara tukabasha kugutegurira ifi yawe utarahagera.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Mfite Tattoo 800 kumubiri wanjye ariko bituma abantu banyanga bakambuza no kujya mu birori bya Noheli” ! Umugore wishyize ho Tattoo yatangaje ko ababazwa n’abatamwumva

Next Story

Umuntu ushyira amafoto y’ubwambure bwe kukarubanda ashobora kujya afungwa imyaka 3 n‘ihazabu y’amafaranga ibihumbi 300RWF ariko itarenze ibihumbi 500 RWF

Latest from Uncategorized

Go toTop