Dore ibintu by’ingenzi musabwa gukorera hamwe nyuma yo gutera akabariro

October 3, 2025
1 min read

Umugore n’umugabo ni abantu babiri baba bemerewe gutera akabariro neza, badatinya kandi batihisha hisha.Ese nyuma yo gutera akabariro ni iki musabwa gukora ?

Murugo rwose ubundi muri Umwami n’Umwamikazi ibi bishatse gusobanura ko icyo mushatse cyose mwagikora kandi mukagikorera igihe mu gishakiye.

ESE NI IBIKI MUSABWA GUKORA ?

1. Kujya mu bwogero

Nyuma yo gutera akabariro nk’abashakanye, murasabwa kujya mu bwogero mwembi mukiyuhagira neza umubiri birashoboka ko buri gihe mutagera kuri iyo ntego ariko mugerageze.Kujya mu bwogero mwembi bituma urukundo rwanyu ruramba kuko murushaho kwegerana.

2.Kuganira byuje amarangamutima

Mwembi muganire kandi muganire nk’abakundana.Niba umukunda cyane mubwire ko yabikoze neza cyane , umushimire.Muri iki gice murabwa kuganira mukishima mugaseka.

3.Gusomana.

Nkabakundana murasabwa gusomana cyane kandi mugasomana neza mubikuye k’umutima.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Afite umubyibuho udasanzwe ! Umukobwa w’ibiro bitagira ingano yagaragaje uko yananutse nyamara bikaba bitagaragira abantu

Next Story

Janelle Monáe yasohoye ibere rye aryereka abafana bari mu gitaramo bose bagwa mu kantu

Latest from Uncategorized

Go toTop