Umunyamakuru Mulindahabi Irene ari mugahinda ko gupfusha nyirakuru we

October 3, 2025
1 min read

Umunyamakuru umaze kumenyekana hano mu Rwanda M Irene yagize ibyago byo gupfusha nyirakuru we.

Uyu ni umwe mu banyamakuru bamaze kumenyekanaho kuzamura impano z’abahanzi batandukanye ndetse n’abana bafite impano ariko babuze urutoborero.

Uyu muhanzi abinyujije kuri Instagram Konti y’urubuga rwe , yatangaje ko atewe agahinda ko kubura nyirakuru ibyara mama we , yavuye mu mubiri kuri iki cyumweru tariki 25 Kamena 2023.

Banditse bati:” Umunyamakuru Mulindahabi Irene yapfushije nyirakuru we.

M Irene yatangaje ko yagize ibyago byo kubura nyirakuru we ibyara mama we kuri iki cyumweru tariki 25 Kamena 2023″.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Umugabo bamuhaye urwamenyo nyuma y’uko yishongoye kubantu avuga ko umugore we atamuca inyuma

Next Story

Umukobwa yakubiswe izakabwana na nyina amuziza ko afite umuhungu bakundana

Latest from Uncategorized

Go toTop