Umugore wa Pasiteri yafashe icyemezo cyo gushaka umupfubuzi nyuma yo gusanga umugabo we adashoboye

October 3, 2025
1 min read

Umugore bivugwa ko yitwa Karen Wangechi akomeje kuvugwa cyane kumbuga nkoranyambaga dore ko akomeje kwishyira hanze hambaye ubusa kugira ngo akurure abagabo.

 

Nk’uko ikinyamakuru cyitwa Umuryango gikorera hano mu Rwanda cyabitangaje, ngo uyu mugore akomeje koherereza amagabo amafoto yambaye ubusa kugira ngo baze bamupfubure kuko umugabo we usanzwe ari Pasiteri, ntakigenda mu gitanda.

 

Aya mashusho yagiye hanze hakoreshejwe urubuga rwa Telegram  dore ko yasaga abandi bagabo kuza amabashimisha. Iki kinyamakuru Umuryango, gikomeza kivuga ko ngo uyu mugore ubusanzwe agaragara nk’umuntu mwiza gusa ngo ibyo akorera mu bwihisho bikaba budasanzwe nk’uko byagaragajwe binyamakuru bibitangaza.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Sinkunda ko abagabo b’abandi bandeba kuko nabatwara” ! Umukobwa w’ikizungerezi yatangaje ko ajya agira ubwoba ko umunsi umwe azasohokana n’umugabo w’abandi atabizi kubera ubwiza bwe

Next Story

Umugabo yakorewe ibyamfurambi nyuma yo gufatwa yibye inkoko zirenga 250

Latest from Uncategorized

Go toTop