advertising

Advertising

Sinahisha inda yanjye, ntakibi ntinya, umugore w’imyaka 16 utwite yavuzeko agomba kumurikira rubanda inda ye

5 months ago

Umukobwa w’imyaka 16 wamamaye cyane nka Mzbel, utwite inda y’imvutsi yakomeje kwerekana inda ye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko atazarecyere kwerekana amafoto ye atwite.

 

Mu gusubiza ubwo yibasirwaga ku mbugankoranyambaga, yavuze ko niba Rihanna ashobora kugenda munzira inda ye atwite iri hanze Kandi akabyara umwana umeze neza we ninde wo kutabikora.

 

Uyu mukobwa yafashe video agaragara inda atwite iri hanze avuga ko agomba kuyerekana ngo dore ko we ntakibi atinya mbese ntagira Ikintu atinya.

 

Source: theChronicle.com.gh

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Dore ibintu usabwa kuba ufite kugira ngo abantu bose babone kugukunda

Next Story

Ibintu 6 ukwiye gukora Niba umukunzi wawe yakubabaje bikabije

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop