Advertising

Ufite utubere duto ! Abafana bakomeje kwibasira Zuchu uri mu rukundo na Diamond Platnumz bamubwira ko afite amabere mato cyane

11/28/23 19:1 PM
1 min read

Uyu muhanzikazi nawe akomeje guterwa ipfunwe nuko afite amabere mato cyane nk’uko byagarutsweho n’abafana be.

 

Zuchu bwa mbere yagiye muri Afurika y’Epfo ari kumwe na Diamond Platnumz mu minsi yashize ubwo yari agiye kumutungura nyuma y’isabukuru ye y’amavuko na cyane ko uyu mwari yari yinubiye ko Simba yamwirengagije.

Nyuma yo gusohokana na Diamond we utari watobora ngo avuge niba amukunda koko , bahuye na Zari ndetse na Shakib n’abana babo babyawe  na Diamond Platnumz.

Ibi byo kuba afite amabere mato byaje nyuma y’ayo ashyize haze ifoto imugaragaza neza, maz abafana bagatangira kumwota nk’uko Radio yo muri Tanzania dukesha iyi nkuru yabitangaje.

Sponsored

Go toTop