Menya impamvu ituma abagore basura iyo barimo gutera akabariro hamwe n’abo bashakanye

October 3, 2025
1 min read

Flatulence bizwi nko gusohora Gas cyangwa umwuka mubi uvuye mu mubiri akenshi ugaturuka kubyo umuntu yariye cyangwa uburyo bw’ubuzima arimo.

Iyo umugore ari mu gikorwa cyo gutera akabariro rero hari ubwo byivanga agakora igikorwa cyo gusura Healthline bavuga ko iki gikorwa giterwa cyane cyane n’imisemburo y’umugore yiganza cyane , uburyo aba yihindukiza bya hato na hato , Pozisiyo baba babikoramo ndetse n’uburyo amaraso aba yigendamo ajya muri ‘Pelvic’.

Iki kinyamakuru cyitwa Healthline.com , gikomeza gitangaza ko impamvu nyamukuru ituma umugore asura mu gikorwa cyo gutera akabariro ari Pozisiyo baba bakoresha ndetse na ‘Movement’ baba bakora bombi.

Iyo umugore ari mu mihango nabyo amusura cyane kubera ko bihurira muri nyababyeyi ye.Ikinyamakuru Healthline gikomeza gitangaza ko iyo umugore asuze akenshi bimutera isoni n’pfunwe kandi nyamara ari ntakintu yari akwiriye gutinya na cyane ari igikorwa kiba ntaruhare yabigizemo.

Abo bibaho bagirwa inama yo kujya baganira nabo bashakanye kuri iki kibazo bakumvishanya ko ari ibisanzwe aho kumva ko hari ugikuba cyacitse

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Basebye ! Amashusho ya Dj Sonia agwa ku rubyiniro akomeje guca ibintu

Next Story

“Kubona icyo kurya muri iyi minsi i kigali birasaba Gutuburira abantu” ! G Taff wamamaye k’umavubi yahamije ko kurya muri ino minsi bigoye bityo kubeshya abantu akaba aricyo gisubizo

Latest from Uncategorized

Go toTop