“Mfite umukobwa dukundana nzamubereka igihe nikigera” ! Israel Mbonyi yavuze ko abakobwa bamwitirira atabazi asobanura ko igihe nikigera azerekana uwo yihebeye

October 3, 2025
1 min read

Hari ubwo benshi mu bahanzi baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bahisha abo bakundana nabo kugeza ubwo bamwe babiyitiriye.Mbonyi yavuze ko hari umukobwa bamwitiriye ariko asobanura ko atari umukunzi we.

 

REBA HANO IKIGANIRO CYIZA TWAGUHITIYEMO

Uyu muhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yagize ati:” Nibyo hari abo nabonye kumbuga nkoranyambaga (Twitter) berekana umukobwa bakavuga ko dukundana ariko ntabwo ariko bimeze.

Ntabwo uriya mukobwa dukundana kandi ntabwo ndi njyenyine , igihe nikigera nzabereka umukunzi wanjye rwose ariko ibi bibazo bihagarare kuko nikenshi mbibazwa”.

Mbonyi yagaragaje ko muri we harimo impano idasanzwe yo kuririmba ndetse no gusengera abantu.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Ndashaka uwo dukundana kandi usenga Imana akayubaha” ! Umutinganyi umurika imideri muri Kenya yavuzeko ubu nta mukunzi afite agaragaza ibiranga umugabo yifuza

Next Story

Nyamirambo: Yakubitiwe mu kabari azira gukorakora umusore mugenzi we

Latest from Uncategorized

Go toTop