“Abanyeshyari bagira amagambo” ! Umugore wa Cristiano Ronaldo yagize icyo avuga ku mubano we n’umugabo we bivugwa ko batandukanye

October 3, 2025
1 min read

Nk’uko amakuru akomeje gukwirakwira ku isi hose ko umubano wa Cristiano Ronaldo wamamaye cyane muri ruhago n’umugore we bitameze neza, umugore we Georgina Rodriguez yagize icyo abivugaho.

Nkuko mu minsi ishize Cristiano Ronaldo we n’umugore we Georgina Rodriguez byavugwa ko umubano we bitameze neza ndetse dore ko hagaragaye amashusho yabo bombi bari gutongana mu ruhame.

Ibi byabaye ubwo bajyaga kurira indege ndetse ibi byongeye umunyu ku makuru yabavugwagaho ko umubano wabo utameze neza. Ngo ibi byatangiye ubwo Cristiano Ronaldo yajyaga gukinira Al Nasir yo mu barabu.

Georgina Rodriguez rero yagize icyo abivugaho aho yagize ati” Umunyeshyari ahimba ibihuha, umunyamazimwe akabikwirakwiza Kandi umuswa arabyemera”. Ibi yabitangaje ubwo yagiraga icyo avuga ku mubano we n’umugabo we.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

SRC: Thechoicelive

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Abakobwa babiri bimpanga bavutse bafatanye bakabwirwa ko batazamara igihe kire kire basobanuye byinshi kubuzima bwabo bimeza ko baangiye igitsina kimwe

Next Story

“Narongoye abagore 6 icyarimwe ndabakunda ariko nanga ko bose bagira mu mihango rimwe” – Arthur Urso

Latest from Uncategorized

Go toTop