Umunyamideri Moses Turahirwa yatangaje ko byemewe n’amategeko ari umugore aho kuba umugabo

October 3, 2025
1 min read

Umunyamideri Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ya Moshions yambika abakomeye yamaze kwihindura igitsina ku mpapuro z’inzira [Passport], ashimira umukuru w’igihugu cy’u Rwanda.

Nk’uko yabigaragaje akoresheje konti ye ya Instagram, Moses Turahirwa wagaragaye mu mashusho aryamana n’uwo bahuje igitsina yamaze kwihindura umugore.

Uyu mugabo wihinduye umugore yagize ati:” Rwanda works , Officially Feminin. Thank you Kagame”.
https://www.instagram.com/p/CrgRphjIF7j/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Ntabwo nigeze nishimira ko umukobwa wanjye akundana na Rayvanny” Kajala yatangaje ko yishimiye gutandukana kwa Paula na Rayvanny

Next Story

Impamvu mu bantu bapfa basinziriye abenshi bibabaho mu masaha yo mu rukerera

Latest from Uncategorized

Go toTop