advertising

Advertising

Moses yatakambiye Perezida wa Repubulika nyuma yo gusabwa gusiba ikirago by’abatinganyi biri kunzu akoreramo

5 months ago

bw’imyenda Twahirwa Moses ,yatakambiye Perezida wa Repubulika nyuma yo gusabwa gusiba amabara ya LGBTQ agaragaza ikirango cy’abaryamana bahuje ibitsina.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga uyu munyamideri umaze iminsi mike yeruye ko akoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi kubera uburwayi yavuze ko ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwasabye Moshions gusiba amarangi agizwa n’amabara aranga abaryamana bahuje ibitsina n’abandi.

Moses avuga ko bamwe mu bayobozi b’Umujyi bavuze ko bise aya mabara umwanda kandi ko akwiye kuyakura ku rukuta rugize uruzitiro rw’iyi nzu y’imideri ya Moshions iherereye mu Kiyovu.


Author

Ads

ad

Previous Story

Ubushinjacyaha bwarekuye by’agateganyo abantu 6 bakekwaho kwica Dr Muhirwe

Next Story

Umugore arakekwaho gutwika umwana we ibiganza amuziza ibijumba

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop