advertising

Advertising

Perezida w’urwanda Yazaniye amazi uwa Kenya ahita asomaho

4 months ago

Nyakubahwa perezida Paul Kagame yagaragaye azanira amazi perezida wa kenya ‘William Ruto’ubwo yararimo kuvuga ijambo, ibintu byakoze ku mitima ya benshi.

Nk’uko tubikesha ‘Apanews’ Perezida wa kenya ‘William Ruto’ ari mu Rwanda guhera kuwa 2 mu ruzinduko rw’iminsi ibiri aho yahageze kuri uyu wa 2 kuwa 4 mata 2023.

Nk’uko byari biteganyijwe yagombaga kuganira n’umukuru w’igihugu cy’urwanda perezida wa Repuburika PaulĀ  Kagame, nyuma akabona kujya mu itangazamakuru.

Mu ruzinduko rwe kandi arasura urw’ibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi.

Perezida ‘William Ruto’ yatowe mu kwa cumi na kabiri umwaka ushize aho yatsinze amatora ahigitse uwitwa ‘Raila odinga’.

Nyakubahwa perezida Ruto yahise asomaho

Author

Ads

ad

Previous Story

Bashakanye bafitanye isano babyarana abana bafite intoki icumi

Next Story

“ADEPR yaducanyeho umuriro dufunga amatwi” Perezida waya Korali iririmba Hip Hop yasobanuye iby’urugamba bahuye narwo

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop