advertising

Advertising

Papa fransisiko ari mu bitaro kubera indwara z’ubuhumekero

4 months ago

Umuvugizi wa Vatikani avuga ko Papa Fransisko ari mu bitaro kubera indwara z’ubuhumekero.

Papa Fransisko

Nk’uko tubikesha CNN Kuri uyu wa gatatu nibwo umuvugizi wa Vatikani, Matteo Bruni, yatangaje ko Papa Fransisko afite indwara z’ubuhumekero kandi azakenera kumara iminsi mike mu bitaro.

“ Mu minsi miki  ishize, Papa Fransisko yinubiye ingorane zimwe na zimwe z’ubuhumekero maze nyuma ya saa sita ajya muri Policlinico A. Gemelli kugira ngo hagenzurwe bimwe na bimwe mu bibazo by’ubuzima bwe.  Bruni yavuze ko Ibyavuye mu bizamini byagaragaje indwara z’ubuhumekero ( ukuyemo Covid 19 ) kandi ko bizakenera iminsi mike yo kumwitaho ari mu bitaro bikwiye. Papa Fransisko yakozweho n’ubutumwa bwinshi yakiriye ashimira ko bamuba hafi mu isengesho. 

Ibindi kuri iyi nkuru tuzabibagezaho mu nkuru zacu ziri imbere

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Umuhungu amaze ku gerageza kwiyahura inshuro 12 bikanga bitewe n’umukobwa wa mu benze

Next Story

Dore ibice abagabo badakwiye gukoraho ku bagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop