Police FC yatangaje ko yasinyishije Manishimwe Djabel uheruka gutandukana na Naft Al-Wassat SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq, asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Mu gihe abantu benshi bari biteze ko Inama Mpuzamahanga y’Amahoro yabereye i Sharm El-Sheikh mu Misiri ku wa Mbere w’iki cyumweru izitabirwa n’abakuru b’ibihugu
Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye na myugariro Nsabimana Aimable ku bwumvikane, nyuma y’igihe yari amaze atagaragara mu mikino yayo. Iryo tangazo ry’iyo kipe yambara
Rayon Sports yatangaje ko yahagaritse by’agateganyo Afahmia Lotfi ndetse na Azouz Lotfi, mu gihe cy’ukwezi kumwe. Rayon yavuze ko impamvu ari umusaruro muke umaze
Igice cyambere cy’umukino uriguhuza ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi niya Benin cyarangiye ari ubusa ku busa. Umukino wamaze gutangira ku mpande zombi urangijwe na
Rurangiranwa mu iteramakofe Anthony Joshua agiye kurwana n’umurusiya ufite hafi metero ebyiri z’uburebure ;urwana n’inyamaswa z’inkazi zo mu bwoko bw’amadubu iyo ari gukora imyitozo
Umukinnyi mpuzamahanga w’Igihugu cya Togo, Samuel Asamoah ntazongera kunyeganyega [Paralysie] nyuma yo gukubita umutwe ku cyapa cyamamaza cyari kiri ku ruhande rw’ikibuga, bikarangira avunitse