advertising

Advertising

DRC yemerewe gukomeza imikino iyerekeza mu gikombe cy’Isi , Nigeria irihanagura

2 hours ago

Kuri uyu wa Gatatu FiFA yagaragaje amakipe azakomeza mu mikino y’ijonjora rya nyuma mu mikino yo guhatanira igikombe cy’Isi, Ikipe ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishyirwa ku rutonde n’aho Nigeria yari yatanze ikirego iburizwamo.

Gushyira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku rutonde , byatumye amahirwe ya Nigeria yo gukomeza mu mikino ya ‘Play Offs’ ayoyoka dore ko yari yizeye ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo izakurwamo kubera ubujurire bari bakoze.

Muri ayo makipe agera kuri 6 harimo DR Congo ariko Nigeria ntabwo yisanze kuri urwo rutonde nyuma yo gutsindwa muri 2025 ariko ntibabashe kwemera intsinzwi.

Ugushyamirana kwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri Nigeria , kwaturutse ku mukinnyi bavugaga ko yakinishijwe atujuje ibyangombwa mu mikino bakinnye bakanganya 1-1 bajya muri Penalite Nigeria igatakaza umukino.

Muri ayo makipe 16 , hazavamo amakipe 2 ya mbere azerekeza muri Mexico na Amerika mu Mijyi irenga 16.

Imikino ya Play Off, izatangira ku wa 26 Gashyantare 2026.

Author

Ads

ad

Previous Story

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 4 Werurwe 2026

Next Story

Ambasade y’Urwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yemereye ubufasha Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain

Latest from Imikino

Go toTop