Umunsi mpuzamahanga wa St Valentin wahariwe abakundana usanzwe uba buri mwaka taliki ya 14 Gashyantare, uyu mwaka wahuriranye na week-end aho abenshi bawizihije bari mu karuhuko
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Rema, amazina ye bwite akaba Divine Ikubor, yongeye kwandika amateka mashya ku rutonde rwa Billboard. Album ye ya mbere yise Rave &
Intambara y’amagambo hagati ya Rugaju na Lorenzo ikomeje gufata indi ntera, aho buri umwe akomeje gutambutsa ubutumwa busa n’ubwibasira mugenzi we. Ibi byakuruye impaka
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye Minisitiri w’Intebe wa Barbados, Mia Amor Mottley, nyuma yo kongera kugirirwa icyizere cyo kuyobora igihugu cye
Mu buzima bwa buri munsi, abantu benshi bibaza uko bamenya ubakunda by’ukuri n’utabakunda, cyane cyane mu rukundo. Hari igihe amagambo aba aryoshye, ariko ibikorwa
Umugore yateje uburakari n’impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ko yirukanwe ku kazi umunsi umwe gusa nyuma yo gushyingura umugabo we. Mu
Mwarimu wo muri Leta ya New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakatiwe igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusambanya abanyeshuri
Umuhanzikazi w’Umunyamerika Doja Cat watwaye igihembo cya Grammy yatangajwe nk’uzaba ayoboye ibitaramo bya Move Afrika 2026, igikorwa gitegurwa na Global Citizen mu rwego rwo