advertising

Advertising

Willy Ngoma yishwe arashwe

10 hours ago

Amakuru akomeje gucicikana yemeza ko Lt Col Willy Ngoma wari Umuvugizi w’Igisirikare cya M23 yaba yarasiwe mu gitero cya Drone cyagabwe n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo (FARDC) ahitwa Rubaya.

Amakuru atangazwa na bamwe bakurikiranira hafi iby’urugamba rwa M23 na FARDC bemeza ko Willy Ngoma yafuye arashwe na Drone.

Willy Ngoma yamenyekanye cyane mu ntambara yahuje inyeshyamba za M23 za FARDC ndetse n’abo bafanyije. Amakuru avuga ko kandi Willy yishwe kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026 aguye muri Kivu ya Ruguru ahari ibirombe bikomeye bikungahaye kuri Coltan.

Ni nyuma y’aho Kanyuka Umuvugizi wa M23 yari yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagabye ibitero bya Drone bikaba byahitanye abaturage batari bake.

Willy ngoma yamenyekanye cyane ubwo umutwe wa M23 yafataga Umujyi wa Goma aho yagaragaye ari kumwe n’abacanshuro abasaba kutazagaruka muri uwo Mujyi, avuga ijambo ‘Quickly’  ryakomeje gukoreshwa n’abandi bantu na nyuma y’aho.

Willy Ngoma yabitse mu bihe bitandukanye ariko akajya agaragara ku karubanda avuga ko ameze neza ndetse akavuga ko azarwana kugeza ku mwuka wa nyuma.

Burakeye Pascal uri muri Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , aganira na Connect TV yavuze yahamije yahamije ayo makuru, ubwo yashimangiraga ko ari i Mushaki, ndetse ngo amakuru y’uko Willy Ngoma yapfuye akaba yatangiye kumenyekana mu baturage.

Yagize ati:”Ibitero byatangiye ku munsi w’ejo bundi, ubona ko byahereye mu mashyamba ya Walikare hagati wasisi na walikare,… biza gufsta

Author

Ads

ad

Previous Story

Volodymyr Zelensky ahamya ko Vladimir Putin yatangije Intambara ya Gatatu y’Isi

Next Story

U Rwanda rwubakiwe ku Bitambo n’Umuhate w’Abanyarwanda ! Tom Close

Latest from Inkuru Nyamukuru

Go toTop