advertising

Advertising

Bonnie Blue ukina Filime z’urukozasoni yatangaje ko yaryamanye n’abagabo 400 mu ijoro rimwe

3 hours ago

Umwe mu bakinnyikazi ba Filime z’urukozasoni Bonnie Blue , yahamije ko kuryamana n’abagabo bagera kuri 400 mu ijoro rimwe byamutumye aca agahigo ku Isi dore ko ngo muri bose ari nta n’umwe bigeze bakoresha agakingirizo.

Mu gihe mu Gihugu cy’Ubutaliyani hari hakomeje kubera imikino ya Olympic , muri Amerika naho hari hakomeje kubera imikino yo gitanda hagati ya Tia Billinger [Bonnie Blue] n’abagabo bageze muri 400 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu minsi isoza icyumweru.

Ikinyamakuru US Weekly , gitangaza ko Bonnie yari ategereje agabo bagera kuri 400 bari batonze umurongo kugira ngo baryamane na we dore ko ari igikorwa cyamaze amasaha agera kuri 7 mu nyubako ya Lord Davenport  ku wa 07 Gashyantare 2026.

US Weekly batangaza ko uwaherukaga guca ako gahigo ari uwitwa Ariana Jollee wari waryamanye n’abagera kuri 65  muri 2004.

Aganira n’abanyamakuru Bonnie yavuze ko yatewe impungenge n’icyo gikorwa gusa ngo yari yiteze ko agomba kuhava atwite kubera ko ngo buri mugabo wese yagombaga kurangiza ariko hagatera inda uwagombaga kuba afite intanga zihuta kurenza iz’abandi bose.

Muri 2025 yabwiye US Weekly ati:” Nagerageje gutwita imyaka myinshi n’uwahoze ari umukunzi wanjye, ariko mu by’ukuri byarangoye cyane, ndetse nagombaga gukoresha uburyo bwa IVF”.

Uyu mugore uba wumva yaba uwa mbere mu gukora ibyaha (Gusambana), avuga ko ko yaryamanye n’abagabo 1.057 mu masaha 12 muri Mutarama 2025.

Isoko: TMZ

Author

Ads

ad

Previous Story

Ubuhamya bubabaje bw’umugeni mbere y’ubukwe bwo ku wa 14 Gashyantare

Latest from Inkuru Nyamukuru

Go toTop