advertising

Advertising

Larry Madowo na Edit Kimani bateranye imitoma

January 26, 2026
1 min read

Abanyamakuru babiri bakorera ibinyamakuru Mpuzamahanga bakomeje kuvugisha abakunzi babo n’ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guterana imitoma bifurizanya isabukuru nziza y’amavuko.

Edit Kimani umunyamakuru w’ikinyamakuru cyo mu Budage DW yizihije isabukuru ye y’amavuko asangiza abakunzi be amafoto.

Munsi y’ayo mafoto aho yanditse ngo “Munyifurize isabukuru nziza y’amavuko”. Nibwo benshi bahise bamuha ubutumwa butandukanye bumwereka ko bamukunze , maze na Larry Madowo umunyamakuru wa CNN ahita yandika ibyatumye benshi bibaza ku mubano wabo.

Si ubwa mbere Larry Madowo na Edit Kimani bumvikanye mu gisa n’urukundo kuko bakunze kujya bagaragara basangira amafunguro bari kumwe bombi gusa ariko bagafata amafoto.

Ubutumwa bwa Larry Madowo bwagiraga buti:”Isabukuru nziza y’amavuko rukundo rwanjye (My Love). Ubukwe witwara buba bushimishije ariko nanone bugatera ubwoba. Uri mwiza cyane”.

Author

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Ads

ad

Previous Story

Napfuye umunota umwe nyuma yo kubyara ! Ubuhamya bwa Hannah

Next Story

Uganda: Abasirikare basabwe kuzana Bobi Wine ari muzima cyangwa yapfuye

Latest from Inkuru Nyamukuru

Kanye West yasabye imbabazi Abayahudi

Kanye West yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gusaba imbabazi ku mugaragaro Abayahudi kubera amagambo yigeze gutangaza yafashwe nk’ayabibasira. Ibi yabikoze asobanura ko ayo magambo
Go toTop