Donald Trump yasubiye ku rubuga rwa TikTok arongera akoresha konti ye, nyuma y’igihe bivugwa ko ishobora gucibwa muri Amerika. Ubwo Donald Trump, Perezida wa
InyaRwanda Art Studio yatangije amasomo y’igihe gito amara amezi atandatu akaba agenewe urubyiruko n’abandi bose bashaka kwiga no guhanga udushya mu bijyanye na Photography,
Ishyirahamwe ry’Abanyasayansi bo muri Suwede (The Royal Swedish Academy of Sciences) ryatangaje ko igihembo cyitiriwe Nobel mu bijyanye n’ubutabire cya 2025 cyahawe Susumu Kitagawa, Richard
Ku wa Mbere, tariki ya 13 Ukwakira 2025, abahagarariye ihuriro AFC/M23 n’intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) biteganyijwe ko bongera
Umugabo w’imyaka 47 y’amavuko wo mu gihugu cya Uganda yishe akebye ijoshi ry’umugore nyuma yo kugirana amakimbirane akomeye ubwo aba bombi bari batashye mu
Umupolisi n’umugore we bapfiriye mu cyumba cya hoteli ubwo bari mu bikorwa by’ubukerarugendo, nyuma yo kwinjira mu bwogero basinze mu buryo bukomeye bakananirwa kugabanya
Abanyeshuri bo mu ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama basuye ingoro yo kubohora Igihugu i Mulindi, bahabwa ubuhamya nyabyo n’abasirikare basezerewe. Nk’uko byatangajwe ku