Ku wa 14 Ukwakira 2025, Inteko Rusange y’Ihuriro ry’Igihugu Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yatoye Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana nk’Abasenateri bashya. Abo bombi
Umuhanzikazi w’Umunya-Tanzania, Paula Kajala, yagaragaje ko indirimbo nshya y’umugabo we Marioo yise Njozi, yahuriyemo n’umuhanzi n’umutunganyirizamuzika w’Umunyarwanda Element EleéeH, yateje ikibazo mu rugo rwabo.
Intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’Ihuriro AFC/M23 bemeranyije gushyiraho urwego ruhuriweho ruzagenzura iyubahirizwa ry’agahenge mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
Mwanafunze Ismael ni umwe mu bafite ijwi rituma abantu benshi bamwumva bita kubyo ari kuvuga, bijyana n’ingingo zitandukanye akunda gutegura mu biganiro bye. Ni
Police FC yatangaje ko yasinyishije Manishimwe Djabel uheruka gutandukana na Naft Al-Wassat SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq, asinya amasezerano y’umwaka umwe.
Mu gihe abantu benshi bari biteze ko Inama Mpuzamahanga y’Amahoro yabereye i Sharm El-Sheikh mu Misiri ku wa Mbere w’iki cyumweru izitabirwa n’abakuru b’ibihugu
Mainly Mannie, umusore wubatse izina rikomeye ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri TikTok, aho azwi cyane nka “Boss and CEO”, yatangaje ku mugaragaro ko