Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya yapfuye afite imyaka 80 y’amavuko, akaba yaguye mu Karere ka Kerala azize guhagarara k’umutima mu gitondo cyo
Mu gitondo cya tariki 15 Ukwakira 2025 nibwo byemejwe ko Raila Amolo Odinga, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya ndetse akaba umwe mu banyapolitiki
Umwana w’imyaka ine yahiriye mu nzu ahita apfa nyuma yuko icyumba yari aryamyemo gifashwe n’inkongi y’umuriro ikomeye yadutse saa saba z’ijoro ubwo nyirakuru yari
Umuhanzi The Ben mu myiteguro yo gusohora indirimbo eshatu mbere y’uko umwaka urangira. Mugisha Benjamin [The Ben] umaze iminsi i Bali muri Indonesia aho
Sean Diddy Combs, yategetswe n’Urukiko rwa Amerika gushyikiriza inzego za Leta ibikoresho byose by’ikoranabuhanga bifitanye isano n’iperereza ku byaha by’ubusambanyi n’icuruzwa ry’abantu ashinjwa gukora
Sosiyete z’itumanaho mu Bushinwa zemerewe gutanga serivisi za e-SIM, ibintu bizatuma telefoni ya Apple yo mu bwoko bwa iPhone Air igura angana na 1.633.023
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko n’ubwo u Rwanda rwanyuze mu mateka akomeye cyane arimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwagiye rurokoka rukiyubaka