Umugore yahakanye aratsemba, avuga ko atashyingura umugabo we waguye kundaya, agaragaza ko ariyo ikwiriye kumushyingura kuko ari we bararanye. Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga
Umuhungu wa Museveni Gen Muhoozi Kainarugaba, yatanze gasopo ku bantu bose bari kuvuga ko Se, akaba na Perezida w’Igihugu cya Uganda arembyeye mu Bitaro.
Bamwe mu bayobozi bahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye mu nama y’ubufatanye mu gukemura ibibazo bibangamiye umutekano wo mu karere
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame ari kumwe n’Umunyabigwi Francis Ngannou, na Mauricio Sulaimán bakurikiye imikino y’irushanwa rya PFL Africa yabereye mu Rwanda ku
Rayon Sports yatsinde Rutsiro FC nyuma y’iminsi 35 dore ko yaherukaga intsinzi itsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0 mu mukino ufungura shampiyona wakinwe tariki ya
Miss Mutesi Jolly ari mu byishimo nyuma yo kwiyongera mu mubare w’abatunze imodoka zihenze cyane mu gihugu, ubwo yagaragazaga ko yaguze Mercedes Benz G