Zuchu yatewe ibuye ari kurubyiniro bituma ahagarika kuririmba igitaraganya

October 3, 2025
1 min read

Mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 30 Nzeri 2023 ,Umuhanzi kazi Zuchu yahagaritse kuririmba nyuma y’aho umufana utazwi yamuteye ibuye ari kurubyiniro mu Mujyi wa Mbeya,muri Tanzania .

 

Mu mashusho yagiye hanze,uyu mukobwa wamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zirimo niyitwa Sukari,agaragara kurubyiniro ari kubyina n’ababyinnyi be,mbere y’uko umugizi wanabi amuteye ibuye.

 

Ubwo uyu mukobwa yari amaze akanya aririmba, yahagaze gatoya kugirango aganirize abafana.Yahise agira ati”Mbeya mambo(mumeze mute mbeya)?”

 

Atararangiza iyo nteruro,umwe mubafana yahise amutera ibuye riramufata. Nk’uko amakuru abitangaza, Zuchu yahise ahagarika kuririmba.

 

Uyu muhanzikazi yaririmbaga mu birori byabanjirije iserukira muco rya Wasafi Mu mujyi wa Mbeya aho igitaramo nyamukuru cyabaye kuwagatandatu ,tariki 30 Nzeri 2023.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Bishobora kubabaza umwana uri munda ! Umukobwa utwite yababaje ababyeyi ubwo yisonzeshaga cyane akamera nk’udatwite bavuga ko ashobora kwica umwana

Next Story

Ni nk’Akamalayika ! Dore amafoto agaragaza ubuhanga bw’umwana ukiri muto uhogoza benshi kumuhanda bagakora mu mufuka kubera impano ye go gucuranga

Latest from Uncategorized

Go toTop