advertising

Advertising

Yesu ari murinjye ! Meddy n’umugore we bakomeje kugaragaza ko bari mugakiza gasendereye nyuma y’amagambo yavuzwe ko Mimi amukubita

5 months ago

Umuhanzi Nyarwanda wahoze aririmba indirimbo zisanzwe zifashishwa n’abashaka gukundwakaza abo bihebeye akaza kubivamo agatangira izo guhimbaza Imana , Meddy, w’umugore we bakomeje gusubizanya mugakiza.

Ku wa Gatatu tariki 12 Nyakanga 2023 mu masaha ashyira ijoro nibwo umuhanzi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yagiye kumbuga nkoranyambaga ze uko ashizeho post umugore amwikiriza.

Ni ibintu byashimishije benshi na cyane ko bije nyuma y’amakuru yamaze igihe avuga ko Meddy akubitwa n’uwo yishakiye gusa bikagaragara ko ari ibihuha byo kumbuga nkoranyambaga.Meddy ati:” Yesu muri njye , icyizere cy’ikuzo”.

Author

Ads

ad

Previous Story

Rayons Sports yaguze izindi Ntwaro 3 zakataraboneka

Next Story

Nyanza: Abarimu 4 bafatiwe mu cyuho bari gukuriramo umunyeshuri inda

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop