Yatawe muri yombi nyuma yo kwihagarika kuri mugenzi we barikumwe mundege

October 3, 2025
1 min read

Ibintu byabaye bibi nyuma y’uko umugenzi wari mundege yavaga New York yerekeza New Delhi akubiwe maze akihagarika kuri mugenzi we bari kumwe mundege.

 

Nkuko byatangajwe na New Delhi TV, uyu mugenzi yari yasinze kandi ubwo indege yamaraga kugera kukibuga cy’indege uyu mugenzi yahise atabwa muri yombi kubwo kubangamira mugenzi we.

 

Nkuko byatangajwe iki kibazo ntabwo ari ubwa mbere cyari kibayeho kuko mumezi yashize nubundi byabayeho inshuro ebyiri umugenzi akihagarika kuri mugenzi we nubundi mundege iva muri New York igana New Delhi.

 

Kugeza ubu irwego rw’ubushinjacyaha buri gupimwa inkari zuyu mugenzi ngo byemezwe neza ko zari ize

Src:TMZ

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Menya imitoma y’agatangaza usabwa gutera uwo wihebeye mu masaha y’umugoroba

Next Story

Dore ibintu ukwiye gukora niba umwana wawe anyara ku buriri

Latest from Uncategorized

Go toTop