advertising

Advertising

Yabuze akazi yivugana umugore n’umwana we ku myaka 81

4 months ago

Umukambwe w’imyaka 81 ari muri gereza nyuma yo gushinjwa icyaha cyo kwivugana umugore we n’umukobwa we n’agashoka.

Reginald MacLaren umusaza wihekuye

Uyu musaza witwa ‘Reginald MacLaren’ bivugwa ko ari we wihamagariye polisi kuwa 25 werurwe kugirango atangaze urupfu rw’umugore we w’imyaka 70 witwa , Bethany MacLaren, ndetse n’umukobwa w’abo w’imyaka 35 witwa ‘Ruth Jennifer MacLaren’.

Apabapolisi bavuze ko basanze imirambo y’abo aho bajugunya imyanda, ariko basanga n’urukezo n’ishoka hafi y’abo.

Uyu mukambwe MacLaren yabwiye polisi ko yapanze kubikora nyuma yo kubura akazi bagahangayikishwa bagiye kubaho nabi ndetse hanze kubera kubura amafaranga . Akavuga kandi ko aticuza ubwicanyi yakoze kubera ko ngo ubu bari ahantu heza.

MacLaren yaburanishijwe kuri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere aho yashinjwe ibyaha bibiri birimo: ubwicanyi ndenga kamere no gutangariza polisi amakuru atari ayanyayo nyuma y’ubwicahyi.

Source: KMGH via CNN Newsource.

Author

Ads

ad

Previous Story

MU MAFOTO; UKO BAGABANYIJE UMUBYIBUHO MU GIHE GITO

Next Story

“Nsa na Meddy cyane ariko ntacyo Bimariye” Kenny Edwin musaza wa Ange Dabijoux yinjiranye umuziki amaganya.

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop