Urukundo ni rwose ! Bamaranye imyaka 16 bari mu rukundo ariko bitwara nk’abahuye ejo

October 3, 2025
1 min read

Rurangiranwa Stive n’umugore we bakomeje gutangaza abatari bacye hano ku isi kubera kurambana.

Steve Harvey wamamaye cyane mu itangazamakuru mu gukora kuri television, akaba umukinnyi wa filime, ndetse no kuba umwanditsi yashize hanze ifoto ari kumwe n’umugore we Marjorie.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, uyu mugabo yashize hanze ifoto yigikundiro Ari kumwe n’umukunzi we ndetse akaba umugore we.

Aba bombi bamaranye imyaka myinshi bari mu rukundo kuko aba bombi babanye kuva muri 2007.Uyu mugabo Steve Harvey ndetse n’umugore we ni bamwe mu bantu barambanye ndetse bakaba Ari urugero rwiza ko urukundo rukibaho.

Ku ifoto yashyize hanze kuri Twitter yanditseho ko urukundo burya ruba rwiza iyo uri kumwe n’umuntu wanyawe.Ese namwe mwemera ko urukundo rukibaho.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: News Hub Creator

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Natangiye kujya mu mashusho y’indirimbo umuryango utabyemera ariko byarangiye bimbereye akazi ubu karantunze” ! Nyuma yo gutwara igikombe mu irushanwa ry’abakobwa beza bajya mu mashusho y’indirimbo yiniguye

Next Story

Menya impamvu abagabo bakunda gutera akabariro mu gitondo

Latest from Uncategorized

Go toTop