advertising

Advertising

Uragura ifi imwe wongezwe indi kuri make ! El Classico Beach yifatanyije n’Abanyarwanda ku munsi wo kwibohora

5 months ago

Tariki ya 4 buri mwaka u Rwanda rwizihiza umunsi wo kwibohora.Kuri ubu AbanyaRwanda hirya no hino ku isi barishimira ibyiza bagezeho babigejejweho n’ubuyobozi bwiza burangajwe imbere na H.E Paul Kagame.

Muri uku kwishimira ubu buyobozi bwiza n’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho El Classico Beach iherereye mu Karere ka Rubavu kuri Brasserie yabashyize igorora aho umuntu azajya agura ifi imwe yongezwe indi.

Nshimiyimana Onesphore wamamaye nka Fire West akaba Boss wa El Classico Beach yagize ati:” Promotion ya TAMIRA IFI MUNYARWANDA irakomeje.Mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kuri uyu munsi wo kwibohora, urajya ugura ifi imwe wongezwe indi ya 2″.

 

Muhawe ikaze, watwandikira kuri watsapp Numero 0783256132 cyangwa ukaduhamagara tukabasha kugutegurira ifi yawe utarahagera.

Author

Ads

ad

Previous Story

Inzozi zanjye zibaye impamo ! Akanyamuneza kuri Christopher wifotozanyije na Perezida Paul Kagame

Next Story

IKINAMICO Y’UBUZIMA BWA TESI WAHAWE URUKUNDO NA TELEFONE YAKATARABONEKA N’UMUSORE WAMWIHEBEYE

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop