advertising

Advertising

Umushumba yafashwe ari gusambanya inka nyuma y’aho umugore we yanze ko batera akabariro ubushake bukamubana bwinshi

5 months ago

Umushumba w’imyaka 31 wari ushinzwe kurinda icyanya cyororerwamo inka cyitwa Mwalimu Farms muri Chilanga yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho ari gusambanya inyana y’aho yakoraga.

Umuvugizi wungirije wa Polisi muri Zambiya, Danny Mwale yemeje ibyabaye mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru

Bwana Mwale yavuze ko ku ya 20 Mata ahagana mu masaha ya saa 08:10, abapolisi kuri sitasiyo ya Polisi ya Chilanga bakiriye raporo yo gusambanya inyamaswa yatanzwe na Erick Chimenge, ufite imyaka 33, wo muri Chilanga.

Yavuze ko Bwana Chimenge yatanze ikirego ko inyana ye yasambanyijwe n’uwitwa Reagan Mweemba.Uyu mushumba ubwo yabazwaga na polisi icyamuteye gukora ibyo,yavuze ko umugore we yanze ko batera akabariro bimutera ubushake bwinshi bwatumye asambanya iyi nka.

Author

Ads

ad

Previous Story

Dore Umuti wa burundu uvura kurangiza vuba no kubura ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo wabonetse

Next Story

Umugabo Wese Wabona Afite Ibimenyetso Bikurikira Arasabwa Kwihutira Kubonana Na Muganga

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop