Umunyeshuri yaporopoje umukobwa bigana amusaba ko bazabana ahita umuha impano y’imodoka nziza cyane

October 3, 2025
1 min read

Ntabwo bisanzwe bimenyere ko umunyeshuri asaba urukundo mugenzi we ndetse akanamuha impano y’imodoka nk’uko byagenze kuri uyu wateje abandi banyeshuri bagenzi we ishyari.

Uyu musore wasabye urukundo umunyeshuri mugenzi we, yatangaje benshi bibaza aho yakuye amafaranga birabayobera.Uyu musore yari asanzwe azwi cyane muri iri shuri gusa batakekaga ko ashobora kubatungura nk’uko yabikoze.

Abatanze aya makuru bavuze ko uyu musore yasohotse ishuri , ajya gufata imodoka ye nziza, arangije arayitwara ayisohokamo ageze hanze hafi y’urupangu , ayivamo ambwira umukobwa wari imbere ye ati :” Ese wakwemera kumbera umugore ?”.

 

Nk’uko bigaragara mu mashusho, uyu musore yegeye imbere gato hafi y’umukobwa wamureberaga muri metero imbere ye, azamura impeta yateye ivi, abona kumusaba urukundo arinako anwereka impeta amusaba no kuyambara.

Uyu musore wari wuzuye urukundo mu maso he ndetse yambaye neza , umukobwa atazuyaje yamusubije ngo ” Yego” maze impundo zivugira mu mutima yabari aho.

Bamwe bati ese urukundo nkurwo rubaho , aho Umusore yaha umukobwa imodoka.Uyu musore ntabwo yavuzwe amazina gusa , aya mashusho yashyizwe hanze na Bayelsa wo muri Nigeria arinaho byabereye.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Bakomeje gushakira ubwiza mu kwibagisha ! Umukobwa nyuma yo kuva kwibagisha akomeje kwirata ubwiza avuga ko byatumye atera neza

Next Story

Ese ingano y’iminwa y’umugore ishushanya ingano y’igitsina afite ?

Latest from Uncategorized

Go toTop