Umukobwa w’uburanga budasanzwe Huddah Monroe yatangaje ko nta nshuti akeneye mu buzima bwe

October 3, 2025
1 min read

Umukobwa wo muri Kenya Huddah Monroe wamamaye cyane kumbuga nkoranyambaga yatangaje ko adakeneye inshuti ahubwo ko akeneye abakiriye n’abamuha amafaranga cyane.

 

Monroe yemeko nta nshuti agira ndetse ko ntanizo akeneye.Yagize ati:” Nkunda ubuzima bwanjye ubu , nta nshuti mfite kandi ntanizo nkeneye. Abakiriya banjye n’abankurikira nibo nshuti zanjye abandi mwese ndabasabye , ntimukampamagare , ntimukanyandikire, ntabwo mbazi kuva uyu munsi n’ikindi gihe”.

 

Uyu mukobwa yemeza ko abantu bubu bavuga ko muri inshuti ndetse bakaza no kukureba nyamara bagira ngo batware amazimwe gusa.Ati:” Abantu bubu ntabwo bakwitayeho , baguhamagara bagira ngo batware amazimwe gusa , ariko abakiriya bawe burya nizo nshuti zawe”.

 

Uyu mukobwa yemeza ko mu gihe abantu mudakorana ubucuruzi runaka , nta nimpamvu yo guhamagarana cyangwa kwandikirana.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Yakurikiye APR FC ! Rayon Sport yananiwe kwikura imbere ya Al Hilal Benghanzi mu matsinda ya CAF CC

Next Story

MU MAFOTO MEZA ! Irebere abakobwa b’uburanga banze gutwita abana kugira ngo bitazabicira uburanga bagahitamo kubyarirwa n’abandi bagore

Latest from Uncategorized

Go toTop