advertising

Advertising

Umuhanzi Vampino wamamaye muri muzika ya Uganda arembejwe n’indwara yatewe no kunywa amazi yanduye [ VIDEO]

4 months ago

Umuhanzi Elvis Kirya  wamamaye mu njyana ya Dancehall, yatangaje ko arembejwe n’imndwara ya Tythoid  yatewe n’indwara yo kunywa amazi asa nabi.

 

Abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze [Instagram], yagaragaje amashusho ari mu kwitabwaho n’abaganga  gusa ntiyagaragaza aho yari arimo kuvurirwa.Muri aya mashusho Vampino yavuze ko arwaye kubera ko yanyoye amazi asa nabi , ndetse arahirira ko atazongera gukora ikosa ryo kunywa amazi mabi cyangwa atayiteguriye.

 

 

Muri aya mashusho Vapino yanenze cyane abahanzi barimo Spice na Sheebah water Brand yemeza ko aribo bari inyuma y’uburwayi bwe.Yagize ati:”Ese ni iki cyatumye ndwara Typhoid koko , kuva uyu munsi ntabwo ngomba kuzongera kunywa amazi ntiteguriye”.

Author

Ads

ad

Previous Story

MU MAFOTO: Byinshi wamenya kuri Ayra Star wamganye abagabo bamubuza kwambara impenure

Next Story

Dore ibyo ukwiriye kuzirikana mu gihe shaka kubaka umubiri

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop