advertising

Advertising

Umuhanzi Theo Bosebabireba agiye gukorana indirimbo n’umukecuru ufite abuzukuru 14 bakunda kwita Intare Ishaje

5 months ago

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Theo Bosebabireba, yasubije umukecuru w’abuzukuru 14 witwa Intare Ishaje wifuje ko bakorana indirimbo.

 

Uyu mukecuru wo mu Karere ka Rwamagana, yari yatangaje ko mu byo yifuza harimo no gukorana indirimbo na Theo Bosebabireba none ngo intego ye yayigezeho.Nyuma y’aho Theo Bosebabireba amenyeye ko uyu mukecuru akeneye ko bakorana indirimbo yarabimwemereye ndetse amwemerera ko n’amafaranga azayigendaho yose azayishyura.Theo Bosebabireba yagize ati:” Uwo mubyeyi ndamuzi ,ni umukecuru ukuze ufite n’abuzukuru .

 

Ni umubyeyi uririmba neza kandi niba ashaka gukorana nanjye indirimbo muzamubwire ko tuzayikora kandi ashobora kuba adafite ubushobozi bwo kuyishyura ,ni njye uzayishyura kuko njyewe ubushobozi bwo kuyishyura ndabufite”.

 

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Ubutumwa bwagenewe Se wa nyakwigendera Nyiramana wamamaye muri Seburikoko utarabonetse mu muhango wo gushyingura umwana we

Next Story

Nkore iki ? : Umugabo wanjye tumaze imyaka 10 duhanye gatanya arifuza ko twakongera kubana! mfite impungenge ko ibyo twapfuye byazongera kugaruka

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop