advertising

Advertising

Umuhanzi Harmonize yaguriye imodoka ihenze Yolo the queen yemeza ko bagomba kuzabana nk’umugore n’umugabo

5 months ago

Uyu mugabo wamamaye cyane muri muzika ya Tanzania ndetse no muri afurika yose, yaguriye imodoka ihenze nshya yo mu bwoko bwa Range Rover Yolo the queen.

 

Ni nyuma gato Yuko uyu muhanzi harmonize abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze amashusho Ari kumwe n’umukobwa benshi bemeje ko yari Yolo the queen yandikaho ati ” narahiriwe’.

 

Uyu mukobwa Phiona wamamaye nka Yolo the queen ni umwe mu bakobwa bikibero gikurura abatari bacye kuko afite imiterere idasanzwe isaza abagabo benshi dore ko Kandi afite inzobe nziza cyane.

 

Uyu muhanzi Harmonize abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje amashusho arimo iyi modoka nziza cyane yandikaho ati ” sinjye urarota iyi modoka nyihaye Yolo the queen”.

 

Kuri iyo Range Rover Kandi yari yambaye plaque yanditseho ngo Boss yolo.

 

Yakomeje avuga ko ngo iyo akunze umuntu nibye byose biba ibye, ati nibindi biraje.

 

Rurangirwa uherutse gusohora indirimbo yitwa Single again yakunzwe n’abatari bacye hano muri afurika, yavuze ko ntawe yagereranya na Yolo the queen mubi bakundanye Bose.

 

 

 

 

 

 

Source: nairobigossipclub.co.ke

Instagram: Harmonize

Author

Ads

ad

Previous Story

Umugore w’ibigango yagaragaye mu Mujyi wa Kampala atambaye ishati abakobwa bifata kumunwa

Next Story

Umugore bamufashe ari guca inyuma umugabo we muri Hoteli yinginga abantu ngo ntibamufotore

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop