advertising

Advertising

Umuhanzi Christopher ari mu gahinda ko kubura imbwa ye yapfuye

5 months ago

Umwe mubahanzi bakomeye mu Rwanda Christopher ari mu gahunda gakomeye nyuma yo kubura imbwa ye.

 

Uyu muhanzi yavuze ko urukundo bakundaga iyi mbwa rwari rushingiye kubyishimo yabahaga.

 

Yagize ati:” Iteka uzahora mu mutima wacu musangira ngendo mwiza waduhaga ibyishimo n’urukundo mugishanga.Uruhukire mu mahoro mugishanga.OTIS !”.

 

Mu mashusho yasangije abamukurikira kuri Story ya Instagram ye, Muneza Christopher yagaragaje uburyo yashenguwe n’urupfu rw’iyi mbwa kubera urugwiro yagaragaje ko yagiranaga nayo.Buri wese afite amahirwe n’uburenganzira bwo kugaragaza amarangamutima ye kuwo yabuze cyangea icyo yabuze.

Author

Ads

ad

Previous Story

Becky ukina muri Filime yitwa 2 Hours yasobanuye byinshi ku mpano ye agira inama urubyiruko

Next Story

Inkuru y”umugeni witabye Imana atarwaye nyuma y’ amezi abiri gusa arushinze yashenguye Imbaga ya benshi

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop