Umugore yatunguranye nyuma yo kugaragara mu muhanda afite icyapa cyanditseho ko ari gushaka umugabo

October 3, 2025
1 min read

Ibi ni ibintu bitinywa n’abantu benshi by’umwihariko igitsina gore na cyane ko bamwe bemeza ko bakwemera no kugumirwa aho kugenda mu muhanda bikoreye icyapa kibaza niba hari umugabo witeguye kubashaka.

 

Uyu mugore yafashwe aya mashusho ubwo yagendaga aca hirya no hino abaza niba nta mugabo witeguye gukora ubukwe. Mwebantu washyize hanze aya mafoto n’amashusho, yateye benshi gitekerezo ko hakiri ahantu bafite urukundo, bemeza ko umugore wabonye umugabo avunitse atapfa kumufata nabi uko yoboneye.

 

Kuri iki cyapa yari yikoreye hari handitseho amagambo agira agira ati:” Ndimo gushaka umugabo”. Bamwe mu basubije ubu butumwa harimo uwitwa Cynthia Twaaambo wagize ati:” Reba iruhande rwawe ‘Soulmate’ wawe niho yibereye”.

 

Hamayumba yagize ati:” Uzengurutswe n’abagabo bafata umwe”. Mulenga ati:” Umugabo ushoboye akuri iruhande”.

 

REBA HANO AMASHUSHO Y’UWO MUGORE

source: TUKO

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Menya imitoma y’agatangaza usabwa gutera uwo wihebeye mu masaha y’umugoroba

Next Story

Dore ibintu ukwiye gukora niba umwana wawe anyara ku buriri

Latest from Uncategorized

Go toTop