advertising

Advertising

Umugabo yishwe nagahinda nyuma yo kumenya ko umugore we yaryamanye na nyiramazu kugira batabirukana mu nzu

5 months ago

Ubuzima muri iyi minsi burakomeye ndetse bukomereye abantu benshi. Kubura amafaranga muri iyi minsi ni kimwe mu bintu bishobora gutuma ubura ibyo byose ukunda, ndetse bishobora gutuma ukora ibintu usanzwe udakora.

 

 

 

Nibyo byabaye kuri uyu mugabo wo mu gihugu cya Kenya, yavuze ko bijya gutangira umugabo usanzwe abishyuza inzu bakodesha yamwatse amafaranga maze amubwira ko ubu nta mafaranga afite ndetse ko Ari gukora uko ashoboye amafaranga aribuze kuyamubonera.

 

 

 

Uyu mugabo yahawe iminsi ibiri gusa kuba yirukanwe mu nzu, ubwo iyo minsi yasohoraga nubundi uyu mugabo amafaranga yo kwishyura inzu ntago yari yakayabonye. Niko kwigira Inama yo kujya kwisegura kuri nyiri mazu amubwira ko yamwihanganira amafaranga akomeje kuyabura.

 

 

 

Ubwo yageraga aho nyiramazu yarari, yatangiye gutakamba amubwira ko amafaranga yayabuze. Gusa uko yatakambaga uyu nyiramazu ntiyari abyitayeho maze amusubiza amubwira ko yumvikanye n’umugore we. Umugabo akibyumva yaguye mu kantu.

 

 

 

Yamubwiye amubaza kuntu yumvikanye n’umugore we Kandi abizi neza ko umugore we nta kazi agira. Uyu nyiri mazu yamusubuje amubwira ko atabyumva gusa nkumugabo mu rugo yumviye mu rusaku maze amenya uko byagenze, Niko kwicara hasi yicwa nagahinda.

 

 

 

Abantu benshi bakomeje kugira inama uyu mugabo kwirukana umugore we gusa ku rundi ruhande uyu mugore yabikoze atabara ko batabirukana mu nzu.

 

 

 

 

 

Source: muranganewspaper.com

Author

Ads

ad

Previous Story

Burya ni umubyeyi mwiza ! Diamond Platinumz akomeje kugaragaza ko uretse kuririmba gusa burya no kwita ku bana be arabishoboye

Next Story

MU MAFOTO: Irebere uburanga bwa Miss Uwase Muyango umugore wa Kimenyi Yves

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop